Wiringira amahoro amaherere ari inyuma!Paul Pogba ashobora kudakina igikombe cy’Isi

Umukinnyi Paul Pogba ashobora kudakina imikino y’igikombe cy’Isi kubera ikibazo cy’imvune amaranye iminsi myinshi ndetse iki gikombe cy’Isi giteganyijwe kuba mu kwezi k’Ugushyingo.

Umufaransa Pogba Pogba w’imyaka 29 y’amavuko mu minsi yashize yagize ikibazo cy’imvune mu ivi mu kwezi kwa Nyakanga ndetse ibi byatumye adatangirana n’abandi shampiyona y’Ubutaliyani.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, umutoza w’ikipe ya Juventus,ariwe Massimiliano Allegri, yamaze gutangaza ko Paul Pogba ashobora kuzongera gukina mu kwezi kwa Mutarama 2023.

Mu magambo ye Allegri yagize ati “Mu byukuri Paul tuzongera kumubona muri Mutarama.”

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO