Umusirikare w’u Burusiya yatawe muri yombi nyuma y’amezi icyenda mu bwihisho...
- 14/03/2023 saa 12:40
Mu matora yakozwe byarangiye perezida Xi Jinping yongeye gutsindira kuyobora igihugu cy’u Bushinwa mu yindi myaka 5 iri imbere ndetse aya matora yabaye kuri uyu wa gatanu taliki ya 10 Werurwe 2023.
Nyuma yo kwegukana intsinzi biteganyijwe ko bwana Xi Jinping agomba kugeza ijambo ku bagize Inteko Ishinga Amategeko kuwa Mbere taliki ya 13 Werurwe
Kuri ubu Xi Jinping agiye kuyobora u Bushinwa kuri manda ya Gatatu ndetse ibi byose bigezweho nyuma yo gukora impinduka maze itegeko Nshinga rigahindurwa mu mwaka wa 2018.