Yolo The Queen nawe yunze muryo Mutesi Jolly yavuze nawe ahamya ko atazashaka umugabo

Umukobwa w’icyimenyabose ku mbuga nkoranyambaga kubera ubwiza afite n’ikimero kidasanzwe ariwe Yolo the Queen nawe yunze murya Nyampinga w’U Rwanda 2016 ariwe Mutesi Jolly aho aba bombi bahamya ko gushaka umugabo bitihutirwa.

Yifashishije Instagram ye akaganira n’abakunzi be Yollo the Queen yasabye abamukurikirana kumubaza ibibazo aho yabemereye ko aragenda abisubiza byose.

Umwe mubamukurikirana yamubajije niba nawe abona gushaka umugabo arizo ntego za buri mukobwa.

Yolo The Queen mu kumusubiza yavuze ko bigoye gusubiza icyo kibazo gusa avuga ko we atazigera ashaka umugabo.

Mu magambo ye yagize ati "Byagorana gusubiza iki kibazo kuko ntawe nzashaka

Magingo aya Yolo the Queen abaye undi Munyarwandakazi w’icyamamare utangaje ko adashobora gushaka umugabo nyuma y’aho na Nyampinga w’U Rwanda 2016 ariwe Mutesi Jolly atangarije ko gushaka umugabo atari intego nyamukuru ya buri mukobwa.

Genesisbizz

Related Articles

Igitekerezo cyawe kirashyirwaho aruko gisusumwe

TANGA IGITEKEREZO